Hibukijwe gushyira imbaraga mu gukumira ihohoterwa rikorerwa umwana w’umukobwa.

Mu rwego rw’Ubukangurambaga bw'iminsi 16 bwo kurwanya ihohoterwa rikorerwa umwana w'umukobwa ku bufatanye na RICH Rwanda ibyiciro bitandukanye bikomeje gukangurirwa gushyira imbaraga mu gukumira ihohoterwa rikorerwa umwana w’umwana w’umukobwa .

Muri ubu bukangurambaga bwatangijwe ku wa yahawe amahugurwa ku kurwanya ihohoterwa.

Umuyobozi w'Akarere wungirije ushinzwe imibereho myiza y'Abaturage Ishimwe Pacifique ashingiye ku ngaruka zaryo yasabye abitabiriye aya mahugurwa gushyira imbaraga mu gukumira ihohoterwa rikorerwa umwana w'umukobwa asaba uruhare rwa buri wese gutanga umusanzu we mu kurandura ihohoterwa mu nyungu z'Umuryango Nyarwanda.

Back