RUBAVU: JENOSIDE YISHE ABANTU ARIKO NTIYASIBANGANYA AMATEKA YABO-UMUYOBOZI W’AKARERE KA RUBAVU MULINDWA PROSPER
Mu gikorwa cyo Kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe abatutsi mu 1994, cyabereye ku Rwibutso rwa Jenoside rwa Nyundo mu Karere ka Rubavu,…
RUBAVU-NYUNDO; “TUGOMBA KUBAKIRA KU GACIRO KABO N’AMATEKA YABO” MEYA MULINDWA PROSPER
Mu gihe u Rwanda n’isi yose, twibuka Jenoside yakorewe Abatutsi muri Mata 1994 ku nshuro ya 32, Rubavu ku Rwibutso rwa Nyundo habereye igikorwa cyo…
RUBAVU-BIGOGWE : GUTANGA AMAKURU Y’IMIBIRI Y’ABAZIZE JENOSIDE NI UGUSIGASIRA UKURI KW’AMATEKA-UMUYOBOZI W'AKARERE MULINDWA PROSPER
Mu gikorwa cyo kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 cyabereye ku Rwibutso rwa Jenoside rwa Bigogwe mu Karere ka Rubavu,…
UWIFURIZA U RWANDA IKIZA AHERA KU KURWANYA INGENGABITEKEREZO YA JENOSIDE - UMUYOBOZI W'AKARERE KA RUBAVU MULINDWA PROSPER
Mu gihe u Rwanda n’Isi yose twibuka ku nshuro ya 32 Jenoside Yakorewe Abatutsi mu 1994, hibanzwe cyane ku gukomeza guhangana n’ingengabitekerezo ya…
RUBAVU: HATASHYWE URUGO MBONEZAMIKURIRE RW'ABANA RWA NYARUBANDE RWITEZWEHO KUNGANIRA ABABYEYI BAKORA UBUCURUZI BWO KWA MBUKIRANYA IMIPAKA KURERA ABANA BAFITE UBUZIMA N'UBURERE BUKWIYE
Kuri uyu wa 27 Werurwe 2026, Abayobozi baturutse muri World Bank Rwanda na (NCDA) National Child Development Agency ndetse na(RBC) Rwanda Biomedical…
AKARERE KA RUBAVU KASHIMIYE ABABAYE INDASHYIKIRWA MURI GAHUNDA YO KWIZIGAMIRA MURI EJO HEZA.
Akarere ka Rubavu ku bufatanye n’Ikigo cy’Igihugu cy’Ubwiteganyirize mu Rwanda binyuze mu bwiteganyirize bw’izabukuru bw’igihe kirekire bwa Ejo Heza,…
KWIZIHIZA UMUNSI W’INTWARI I RUBAVU, GUVERINERI NTIBITURA JEAN BOSCO YAKANGURIYE URUBYIRUKO GUHA AGACIRO URURIMI RW’IKINYARWANDA NO KURUKORESHA MU BURYO BUKWIRIYE
Akarere ka Rubavu kizihije Umunsi w’Intwari z’Igihugu, hibukwa kandi hazirikanwa indangagaciro zaranze Intwari z’u Rwanda zirimo ubutwari, gukunda…
UBUTWARI TOUR 2025: ABANYA-RUBAVU BASABWE KWIMAKAZA INDANGAGACIRO Z’UBUTWARI N’UBUMWE
Mu rwego rwo kwizihiza Umunsi w’Intwari z’Igihugu ku nshuro ya 32, mu Karere ka Rubavu habaye igitaramo cyihariye cyo kwizihiza Umunsi Mukuru…
MU IGORORERO RYA RUBAVU HATANGIJWE UBUKANGURAMBAGA KU BUTABERA NSANASANO
Mu Igororero rya Rubavu, ku wa 23 Mutarama 2026, hatangijwe ku mugaragaro ubukangurambaga ku butabera nsanasano, bugamije kwimakaza ubwumvikane…
ABAHOZE MU MITWE YITWAJE INTWARO BAHAMAGARIRWA KUGIRA URUHARE MU ITERAMBERE RY’IGIHUGU
Ibi Perezida wa Komisiyo yo gusezerera no gusubiza mu buzima busanzwe abahoze ari abasirikare yabigarutseho kuri uyu wa Kane ubwo habaga…